Ibitaro bya “Baho International”byafunzwe

Nyuma y’igihe gito bivuzwe ko ibitaro bya Baho International Hospital,byarangaranye umurwayi bituma yitaba Imana.Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yafashe icyemezo cyo gufunga

Ubwo atangazwaga aya makuru, RIB ndetse na Minisiteri y’ubuzima, batangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye urwo rupfu rwabaye ku ya 9 Nzeri 2021.

Ubwo Ipererza ryakorwaga , abaganga babiri bo muri ibyo bitaro byo mu Mujyi wa Kigali, bafashwe na RIB barafungwa.

Icyi ibazo cyabaye kuri ibi bitaro ntagihe cyari gishize  ababigana banditse ku mbuga nkoranyambaga bijujuta , bavuga ko bidatanga serivisi nziza, bigera n’aho ubuyobozi by’ibyo bitaro busaba imbabazi kubera ko batakiriye abakiriya babo uko bikwiye.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *