Abakora umwuga wo kwicuruza bakomeje guhanika cyane ibiciro nk’uko ku isoko bikomeje kuzamuka.

Ibiciro ku isoko bikomeje kuzamuka bityo rero abantu bahembwa ku kwezi umushahara wabo nawo hari aho uri kongerwa gusa abasanzwe bakora umwuga w’uburaya nabo ntubasigaye inyuma kuko batangiye kuzamura ibiciro ku bagabo bifuza kuryamana nabo

Abakora umwuga bo mu gihugu cy’u Burundi mu ntara ya Ngozi na Kayanza bavuga ko igiciro ntarengwa bishyurwa n’abagabo babasambanya, kigomba kuba kiri hejuru y’amafaranga ibihumbi bitanu by’amarundi.

Izi ndaya zivuga ko nta mugabo ubasambanya ushobora kubishyura amafaranga ari munsi y’ibihumbi  5000  by’amarundi ngo bayemere, bitewe n’uko ibiciro ku isoko byazamutse.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *