Abasore babiri b’impanga gagiye kubana n’umugore umwe.(AMAFOTO)

Amakuru atangazwa na Gossip 24 nuko Umukobwa witwa Marie Josiane avugwaho gushakana n’abasore babiri b’impanga akababera umugore.

Inkuru ivuga ko aba bavandimwe b’impanga bategereje umwana wabo wa mbere vuba .Uyu mugore avuga ko yabanje kumenyena n’impanga yavutse mbere(Gakuru) ariko utaramubwiye ko afite impanga ye basa.

Umunsi umwe rero yaje guhura n’undi aramuhobera aramusomagura atazi ko atandukanye n’uwo azi basanzwe bari mu rukundo.Nyuma yo kumva urwo rukundo rw’uyu mukobwa, indi mpanga na yo yahise imukunda.

Uyu mugore yatangaje ko bakundanye cyane kandi nta numwe ufite ishyari ibintu bimeze neza hagati yabagabo be bombi.
Aba bombi uko ari 3 imyaka ibiri irashize babana kandi barateganya gukomeza umubano wabo.

bagira bati” bitewe n’imiterere y’urushako rwacu, abantu batuvugho ibintu byinshi ariko ntitubyitayeho icyo dushyize imbere ni urukundo rwacu.

Marie Josiane akaba yaravuze ko aba bavandimwe bahana ibihe byo kuryamana nawe mu rwego rwo gutera akabariro nk’uko iyi nkuru isoza ivuga.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *