America:R.Kelly arashinjwa n’umugabo ku mukoresha imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa

R. Kelly umuhanzi wagacishijeho mu muziki  ariko ubu akaba ari mubihe bikomeye aho afungiye ibyaha bitandukanye birimo guhohotera abagore,ubu noneho ari ku kirego cy’umugabo witwa Louis umushinja kumukoresha imibonano mpuzabitsina yo mukanwa.

Louis avuga ko uyu munyamuziki wamamaye ku Isi hose byamuteye isoni akamuburiye kugira ibanga ry’imibonano mpuzabitsina bagiranye yo mu kanwa.

Louis avuga ko R. Kelly yagiye amuhatira ku gahato gukora imibonano yo mukanwa.

Ubwo yatanga ubuhamya tariki 30 Kanama, uyu mugabo uzwi ku izina rya Louis, yavuze ko Kelly yamusambanyije afite imyaka 17.

Yagize ati: “Namubwiye ko mfite ibitekerezo, Namubwiye ko mfite ibitekerezo by’abakobwa babiri cyangwa batatu icyarimwe. R. Kelly yarambajije ati:” Wigeze ugira igitekerezo cy’umugabo? ”Ndavuga nti oya. Yikubita hasi yunamye, atangira kunkoresha imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa. ”

Louis yavuze ko yabwiye ko ibyo ashaka gukoreshwa atabikunze kuba yabikora ku gahato,Kelly yamusabye kuryumaho aho mubwiye ko biguma hagati ye nawe.

yakomeje agira ati “Kelly yagiye akoresha abantu bandi bantu kwishora mu mibonano mpuzabitsina n’umuntu mu bintu yireberaga.’’

Uyu mugabo yasobanuye ko hatanze ruswa kugirango atabwe muri yombi azira gushaka gutanga umutangabuhamya bushinja R. Kelly.

Credit: Getty Images/Evan Agostini

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *