Biravugwa ko umwami w’ibugande yajyanywe i Burayi

Umwami Kabaka Mutebi, bivuravugwa ko amaze igihe arwaye ariko bitari cyane ndetse muri iki gihe bivugwa  yagiye yitabira gahunda zitandukanye aho yitabiriye iyimikwa rye ku nshuro ya 28 ndetse n’ibirori byizihizaga isabukuru ye y’amavuko.

Amakuru yagiye ahwihwiswa, nuko Kabaka bivugwa ko yaba arwaye Canseri yo mu mihogo,ariko nyuma yaya makuru ahwihwiswa minisitiri w’intebe wa uganda avuga ko ayo makuru ari ukubeshya ahubwo afite ikibazo cya allergie.

Kabaka ubuheruka kugaragara ku ngoro ya Ngoro ya Nkoni muri Rwego, bikanavugwa kandi ko mu gihe yahuraga na Museveni yari ameze neza,gusa byatagazwaga ko icyo gihe yabwiye Museveni ko agiye kujya kwivuriza  hanze ku mugabane w’iburayi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *