Bujumbura Ikiyaga cya Tanganyika gitangiye kuzura gisatira ibice bimwe bigize umugi wa Bujumburai

Iki kiyaga cya Tanganyika muri iyi minsi kiri kuzura gisatira inkengero z’umugi aho kimaze kurenga muri metero 2 kuburyo hatagizwe igikorwa ibice bimwe bishobora kurengerwa n’amazi.

Abantu barenga ibihumbi 52 bavuye mu byabo kuva muri Werurwe uyu mwaka, bitewe n’ibibazo by’imyuzure byiyongereye mu myaka itatu ishize mu Burundi,ibi nibitangazwa Umuryango Mpuzamahanga wita ku bimukira (IOM).

Imvura nyinshi yaguye muburundi yatewe nitemwa ryamashyamba bikba ari nabyo biri gutera izi nagruka zose.IOM yagiriye inama Leta y’u Burundi yo gufata ingamba zirimo kurwanya isuri binyuze mu gutera ibiti, ndetse no kurushaho gutunganya imiyobora y’amazi, mu rwego rwo guhangana n’ingaruka z’ubwiyongere bwa Tanganyika.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *