URUBUGA RWA YOUTUBE RUGIYE GUTANGIRA GUSIBA VIDEWO ZIDAHURA N’IMITWE Y’AMAGAMBO IKUBIYE MU MASHUSHO

Urubuga rwa youtube rwatangaje ko rugiye gutangira gusiba videwo zicishwa kuri uru rubuga mu buryo bwa ‘clickbait’,kuko abantu bakoresha uru rubuga bazwi nkaba ‘content creator ‘ aho bashyiraho umutwe ‘title’ …

URUBUGA RWA YOUTUBE RUGIYE GUTANGIRA GUSIBA VIDEWO ZIDAHURA N’IMITWE Y’AMAGAMBO IKUBIYE MU MASHUSHO Read More

Project 5 yatsinze indi muri ’Hanga Pitchfest 2024’ yahembwe miliyoni 110 Frw

imirimo y’ubu ku Isi ariho ishingiye. Ikindi kandi ibihugu byacu bikwiye gukomeza gushyiraho politiki n’ibikorwaremezo no gushyiraho uburyo bushyigikira ukwaguka no guhanga ibishya by’urubyiruko.” Minisitiri w’Intebe Ngirente yagaragaje ko Guverinoma …

Project 5 yatsinze indi muri ’Hanga Pitchfest 2024’ yahembwe miliyoni 110 Frw Read More

Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri.

Iyo gahunda iteganyijwe gutangira mu kwezi k’Ukwakira 2023, ikaba ije nyuma y’uko abanyeshuri bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ibibazo bafite bifuza ko byakemuka, cyane cyane ikijyanye na gahunda yo gutanga za …

Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri. Read More

Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga ryatangaje ko hashyizweho uruhushya rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga, ku bantu batsindiye cyangwa abafite impushya zo gutwara ibinyabiziga z’agateganyo zigifite …

Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo Read More