Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri.

Iyo gahunda iteganyijwe gutangira mu kwezi k’Ukwakira 2023, ikaba ije nyuma y’uko abanyeshuri bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ibibazo bafite bifuza ko byakemuka, cyane cyane ikijyanye na gahunda yo gutanga za …

Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko igiye gusubukura gahunda yo gutanga za mudasobwa zigendanwa ku banyeshuri. Read More

Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga ryatangaje ko hashyizweho uruhushya rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga, ku bantu batsindiye cyangwa abafite impushya zo gutwara ibinyabiziga z’agateganyo zigifite …

Abifuza uruhushya rwa gateganyo bashyizwe igorora,ntawe uzongera gukubita amaguru ajya kuruzana ubu rwashyizwe ku Irembo Read More

Abakundana batabasha kubonana kubera umwe ari kure yundi bashyizwe igorora.

Ikigo cy’Abashinwa cyitwa Siweifushe, cyakoze imashini y’ikoranabuhanga yiswe MUA yifashishwa mu gusomana hagati y’abantu bakundana batabasha guhura kubera impamvu zitandukanye. Ni igikoresho gicomekwa kuri telefone, gifite agace kameze nk’umunwa w’umuntu …

Abakundana batabasha kubonana kubera umwe ari kure yundi bashyizwe igorora. Read More