Chrismar Malta Soares Rutahizamu wavugishije benshi wa Rayon Sports uvuye Brazil yamaze kugera mu Rwanda

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports ukomoka muri Brazil yamaze kugera mu Rwanda, uyu rutahizamu  Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports ukomoka muri Brazil mamaze kugera mu Rwanda.

Uyu Rutahizamu Chrismar Malta Soares avuga ko iyi kipe yari asanzwe ayizi yayumvise papa we ayiziho byinshi. avuga ko iyi kipe yari asanzwe ayizi yayumvise papa we ayiziho byinshi.

Rutahizamu Chrismar Malta Soares imyaka 22, akaba yarageze mu Rwanda ku munsi w’ejo aho yahise ajya mu kato ategereje ibisubizo bya COVID-19 akabona kujya mu bandi ndetse agatangira imyitozo.

Uyu Rutahizamu yatangaje ko yishimiye kuza mu ikipe ya Rayon Sports, ngo yayibwiweho byinshi ndetse ko ari ikipe isanzwe ikoresha abanya-Brazil.

yagizati”umpagarariye(manager) yabanje kuyimbwiraho bihagije, naje no kumenya ko papa yari ayiziho yagiye ayisomaho byinshi amaze kumenya ko inshaka, ikindi ni uko ari ikipe nziza isanzwe ikinisha abanya-Brazil ndetse hari n’umutoza wayitoje, umukinnyi wayikiniye twaravuganye ambwira ko ari ikipe nziza y’abafana.”

yanakomoje ku ntego azanye  yagize ati “intego ni ukubafasha gutwara ibikombe birumvikana no kuba mu b’imbere nkatsinda ibitego byinshi.”

RAYON_SPORT IKOZE AMATEKA/ITANZE UBUTUMWA BURYANA CYANE (Chrismar Malta Soares )INKOTA IBAGA ABAZAMU - YouTube

Chrismar Malta Soares nu munya-Brazil wa kabiri  ugiye gukinira iyi kipe kuko no muri 2018 yari ifite Jonathan Rafael Da Silva

 

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *