Cristiano azasimbura Mbappe muri PSG muri 2022, Neymar-Messi-Ronaldo bashobora gukina hamwe

Ibisa nk’ibitangaza bidashoboka birasa nkaho bishobora kubaho mu 2022. Cristiano Ronaldo, Lionel Messi na Neymar bose bazakinira hamwe muri PSG nkuko AS ibitangaza.

Ibivugwa ni uko Mbappe adashobora gusinya amasezerano mashya muri uyu mwaka kandi yiteguye kwinjira muri Real Madrid yigurishije mu mpeshyi itaha.

PSG yiteguye gutakaza Mbappe ariko nanone gutakaza umusore umusore wimyaka 22 ataongereye amasezerano ntibyoroshye kuri PSG. Ariko bafite ikindi PSG bigaragara ko ifite undi mugambi wo kuba bazana Ronaldo nku musimbura we.

blog_image

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *