Haribazwa byinshi ku mashusho y’urukozasoni yagiye hanze Turahirwa Moses(Moshions) asambana n’abagabo bagenzi be babazungu

Kumbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho agaragaza ibiteye isoni kuri Turahirwa Moses usanzwe ari umunyamideri wanashinze inzu ‘Moshions’ itunganaya imideri yanamwitiriwe ,aho agaragara ari kukora igikorwa cy’ubusambanyi n’abagabo bagenzi be babazungu.

Benshi batangaye bakibona ibiri kuba ndtse kwemera ko ari uyu mugabo biragorana ariko kubera ko aya mashusho yacishijwe ku rubuga rwa Moses rwa‘snapshat’ arinaho bamwe bemeje ko ariwe kandi unitegereje neza nubwo wenda atagaragaye mu maso cyane ariko ubonako imiterere ariye.

Aya mashusho amara amasegonda 57, agaragaza uwo mugabo bivugwa ko ari Turahirwa ari kumwe n’abagabo bagenzi be b’abanyamahanga, bari mu mibonano mpuzabitsina.

Gusa aya mashusho ntiyatinze kuri uru rubuga kuko yahise akurwaho ariko abahanga bari bamaze gufata iyo Video bayibikaho.

Kugeza ubu Moses ntaratangaza ikintu nakimwe kuri aya mashusho ariko ubu niyo nkuru igezweho ku mbuga nkoranyambaga.

Si rimwe si kabiri bivuzwe ko uyu Musore asanzwe rayamana nabo bahuje igitsina ariko ntagihamya cyari cyakaboneka gusa bisanaho noneho cyabonetse cyane ko iyi Video bigaragara ko ariwe rwose.

Turahirwa Moses akomeye mu bijyanye no guhanga imideli muri iki gihugu cy’u Rwanda biciye mu nzu yahanze izwi nka Moshions si mu Rwanda gusa kuko no hanze yarwo amaze kwandika amateka akomeye kuko mu bihe byavuba aherutse kwegukana igihembo cy’uhanga imideli wahize abandi muri Afurika mu bihembo bya ‘Abryanz style and Fashion Awards (ASFAs)’ byatangiwe muri Uganda.

Gahunda ya Made in Rwanda yatangijwe n’u Rwanda muri 2015 niyi yabaye imbarutso yo gushinga inzu itunganaya imideli ‘Moshions’ maze atangira kwandika izina atyo nubwo atangiye no kuryandika mu bundi buryo.

Moses Turahirwa: Mister Africa International - Rwanda 2015/16 | Apollo Male Gods

Yongeye guca ibintu! Urujijo ku mashusho ya Moses washinze Moshions yambaye ubusa buriburi-AMAFOTO

Nguko uko amashusho ya Moses ataye

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *