Ifoto igaragaza umubiri wa Papa Benedicto XVI uherutse kwitaba Imana(Video).

Leta ya Vatikani yashyize ahagaragara ifoto igaragaza umubiri wa Papa Benedicto XVI uherutse kwitaba Imana.

Benedigito XVI ubusanzwe witwa Joseph Aloisius Ratzinger. Yavukiye Marktl mu Budage ku wa 16 Mata 1927.

Yagizwe Papa ku wa 19 Mata 2005 ariko aza kwegura tariki ya 28 Gashyantare 2013 ku mwanya w’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi kubera impamvu z’uburwayi.

Kwegura nk’uko kwaherukaga kubaho mu myaka 600 yari ishize. Byaherukaga gukorwa na Gregory XII mu 1415.

 

Papa Benedigito XVI yaguye aho yari atuye mu Ngoro ya Mater Ecclesiae muri Vatican nyuma y’igihe yari amaze arembye kubera izabukuru.

 

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *