Ifoto y’Umunsi: Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi yafashije abaturage gukubura

Kayitesi Alice, yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga mu gikorwa cyiswe ‘Igitondo cy’Isuku’ aho bahura buri wa Kabiri bagasukura ahahurira abantu benshi nko mu dusantere tw’ubucuruzi.

Iyi gahunda yatangijwe mu Karere ka Kamonyi ubwo Guverineri Kayitesi yari akiri umuyobozi w’aka karere. Kuri ubu isigaye ikorwa mu Ntara yose y’Amajyepfo.

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *