Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yaciye bugufi atega umwana amatwi

Iyi foto yafashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Gashyantare 2022, ubwo Umukuru w’Igihugu yakiraga indahiro z’abayobozi bashya binjiye muri guverinoma.

Igaragaza Perezida Kagame yaciye bugufi ari kumva umwana wa Eng Patricie Uwase, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo akaba ari n’umwe mu barahiriye inshingano nshya.

Ifoto ya Perezida Paul Kagame imugaragaza yaciye bugufi ari kuvugana n’umwana muto yazamuye amarangamutima ya benshi.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *