Imikino ya gisirikare  Aba-GP bageze ku mukino wa nyuma wa ‘Liberation Cup Tournament’ bakosoye Special Forces ya Rugaju Reagan 

Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Kamena 2023, wari witabiriwe n’abafana batari bake, aho imyanya ibarika ari yo yasigaye iticayemo abantu kandi na bwo kubera guhunga izuba ryari ryinshi.

Uyu mukino waje kurangira Aba-GP batsinze  2-0 bwa special force itonzwa n’umunyanyamakuru   Rugaju Reagan.

Ababanjemo ku ruhande rwa Special Operations Force

Umukino wari wahawe abasifuzi barangajwe imbere na Ngaboyisonga Patrick

Umunyamakuru w’Imikino kuri RBA, Rugaju Reagan, yatozaga Ikipe ya SOF

Umunyezamu wa SOF areba umupira ujya mu izamu ku gitego cya mbere cya Republican Guard

Gasheja Désiré yishimira igitego cya mbere

Habura iminota 12 ngo umukino urangire, ni bwo Republican Guard yabonye igitego cya kabiri nabwo kuri penaliti

Ndagijimana Peter ni umwe mu bakinnyi Republican Guard igenderaho

 

Amafoto:IGIHE

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433, +250783399900

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *