Kaminuza ya Mount Kenya University yaje muri Kaminuza za mbere nziza muri Kenya

Iyi kaminuza ifite icyicaro ahitwa Thika, yaje muri Kaminuza 10 za mbere nziza muri Kenya ndetse iza ku muri kaminuza eshatu zo muri iki gihugu zigamo abanyeshuri benshi b’abanyamahanga.iyi kaminuza itanga amasomo y’ubuvuzi, ubucuruzi n’ubukungu, uburezi, ikoranabuhanga n’amasomo ajyanye na mudasobwa, amategeko, amasomo y’ubumenyi rusange arimo itangazamakuru n’itumanaho, ajyanye n’ubukererugendo n’amahoteli n’andi atandukanye.

Iyi kaminuza kandi akaba ifite ishami ryayo mu Rwanda aho ifite icyicaro mu karer ka kicukiro mu kagarama,Igira amashami menshi atandukanye muri africa, aho ifite arindwi muri Kenya, n’irya munani mu Rwanda, ikagira ibigo bitandatu muri Kenya yigishirizaho amasomo ya electronique mu buryo bw’ikorana buhanga, ifite kandi ibiro i Kampala muri Uganda, Bujumbura mu Burundi, Hargeisa muri Somaliland ndetse n’i Garowe mu ntara ya Puntland muri Somalia. Mu Rwanda iri shami  ryatangiye  2009,  iyi Kaminuza kandi  imaze gucutsa abanyeshuri bankana kuva yatangira mu Rwanda

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *