Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi Haruna Niyonzima mu nzira zimwerekeza muri Tanzania

Niyonzima Haruna ari mubiganiro n’ikipe yo muri tanzania ikina ikicyiro cyambere bivurwa ko ishaka ku mutangaho akayabo ka mafaranga arenga miliyono 700.

Niyonzima Haruna kuri ubu ukinira  ikipe ya AS Kigali  ari mubiganiro n’ikipe ya Geita Gold FC  ikina shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu gihugu cya Tanzania.

Amakuru aturuka  muri Tanzania, avuga  ko ikipe ya Geita Gold FC yiteguye kugura amasezerano y’umwaka umwe n’igice Niyonzima Haruna agifitiye AS Kigali.

Haruna Niyonzima kuri ubu numukinnyi wa AS Kigali aho yayijemo avuye muri Tanzania mu ikipe ya Young Africans.

 

loader +255 222 864 863 advertising@dailynews.co.tz Sign In Site Logo Advert Dailynews Home E-paper TSN Habarileo Academy TSN Business Forum Local News Editorial Business Features Columnist Sport Photos More News Analysis East Africa ...

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *