Kimenyi Kimyenyi na Miss Muyango bibarutse imfura yabo.

Kimenyi Yves akabab umunyezamu wa Kiyovu ndetse akaba afatita n’ikipe y’igihugu amavubi hamwe n’umukunzi Miss Muyango Uwase Claudine bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umuhungu. Urukundo rwaba bombi rwagiye ahagaragara muri  Kanama 2019 mu binyamakru bitandukanye byahano mu Rwanda ndetse no  ku mbuga nkoranyambaga zabo hatangira gucicikana aafoto agaragaza umunyenga w’urukundo buri umwe akunda undi. Uburero haboneste imbuto y’urukundo rwabo aho bibarutse imfura yabo y’umuhungu tariki 29 Kanama 2021. Kimenyi Yve yifashishije urubuga rwa Snpchart yashyizeho ifoto afashe ikiganza umwana we w’imfura y’ibarutse maze ayikurikiza magambo yo gushima imana agira ati”utagushima yaba yitwa uwande,nyemerera ngushime Data.” Hari haciyemo iminsi hakozwe ibirori byo kwitegura kwakira uyu mwana wabo w’imfura,aho ibyo birori byari byitabiriwe n’inshuti n’abavandimwe ba Muyango. Kimenyi Yves ari mu maboko ya Police nyuma yo gusakara kw'amafoto y'ibirori  byabereye iwe | UMUSEKE Triki 28 Gashyantare 2021 , Kimenyi Yves yari yambitse impeta Muyango amusaba kumubera umugore ariko inkuru y’ubukwe hari benshi bayitegereje barayibura ahubwo baza kumva ko uyu muryango witegura kwibaruka imfura. Kimenyi Yves Yambitse Impeta Miss Muyango - Taarifa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *