Kuri uyu wa mbere Amb Joseph Habineza yasezeweho bwa nyuma

Kuri uyu wa mbere tariki 30 Kanama 2021,mu rugo rwa nyakwigendera Amb Joseph Habineza habereye umuhango wo ku musezraho bwa nyuma.

Nyuma yo kumusezeraho imihango yo kumushyingura yakomereje mu irimbi rya Rusororo ho mu karere ka Gasabo akaba yaherekejwe n’abo mu muryango we, inshuti ze ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu, barimo Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Austin,.

Hagiye hatangwa ubutumwa butandukanye ku mibereho Amb Joseph Habineza wagize ibigwi muri politike y’U Rwanda ndetse no mu myidagaduro aho yakundwaga n’urubyiruko cyane kuko bamwibonagamo nka mugenzi wabo.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *