Messi yamaze kugera muri PSG

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, Lionel Messi yageze mu Bufaransa gusinyira Paris Saint-Germain nyuma yo kwemeranya amasezerano y’imyaka 2.

Messi akaba azajya ahembwa amayero miliyoni 29.6 ku mwaka.

Kurukuta rwa Twitter rwa PSG bagize bati”ubu yabaye umwe natwe kandi tumuhaye ikaze,zahabu shya iraje i Paris”

Uyu rutahizamu yageze i Paris abantu beshi mu madirishya bamwakira bishimye.

abanyamategeko be ndetse na se ushinze inyungu ze akaba ari nawe umushakira ikipe aba agomba gukinamo,nyuma yuko kongera amasezerano binanaranye muri Barcelona batangiye kuvugana na PSG kubyuko uyu muhungu we yayerekezamo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *