Muhadjiri Hakizimana agiye kwerekeza mu ikipe ikomeye muri icyi cyumweru

Biravugwa ko umukinnyi w’ikipe ya Police FC Muhadjiri Hakizimana  yifuzwa n’ikipe ya Club sportif sfaxien yo mu gihugu cya Tuniziya, ni nyuma yaho iyi kipe yamubengutswe mu mikino ibiri yabahuje n’ikipe ya AS Kigali ubwo uyu mukinnyi yari agikinira iyi kipe hari mu mikino nyafurika ya confederation cup. Umutoza wa CS Sfaxien Giovanni solinas akaba yarakunze imikinire ye.

Ibya Muhadjili na Rayon Sports byajemo agatotsi , ashobora kuyitera umugongo

Bikaba binavugwa ko ntagihindutse ashobora kwerekezayo kurangizanya niyi kipe  bitarenze icyi cyumweru , kuri ubu Muhadjiri Hakizimana ari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu aho iri kwitegura ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera mu gihugu cya katali mu  2022.

Muhadjiri Hakizimana Is Most Expensive Rwandan Soccer Player - Taarifa Rwanda

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *