Nanjye nzi gusomana di!! Umucecuru w’imyaka 85 mu munyenga w’urukundo n’umusore w’imyaka 25. Amafoto>>>

Uyu musore witwa  Patrick Muima, ni yinga muri  kaminuza wimyaka 25. Akundana na Theresa, ni umukecuru w’imyaka 85 ni nyiramazu waho uyu musore yacumbikagamo, mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Ariko ubu uyu musore yimukiye mu cyumba kimwe n’uyu mukecuru kandi uyu musore ntiyongera kwishyura ubukode kuva we na theresa bakundana.

Theresa afite ibyumba 60 byo gucumbikiramo abanyeshuri, na Supermarket ibyo umugabo we yamusigiye igihe yapfaga hashize imyaka 18.

Afite imyaka 85 afite abana 8, abuzukuru 20. Patrick yavuze ko aribyo yahisemo kandi ko gukundana nuyu mukecuru bimunyuze

Aba bimbi bari mu munyenga w’urukundo barateganya kurushinga bagakora ubukwe bwabo mu buryo bw’ihariye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *