”Ngo ibike azatsinda ni 50” Rutahizamu mushya wa APR FC ari mu nzira aza mu Rwanda

Umunyamakuru Micky Jr wo muri Ghana umenyerewe cyane cyane mu nkuru zo muri aka Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, yashyize hanze ifoto y’uyu rutahizamu arimo kuza mu Rwanda.

Image

Yavuze ko Victor Mboama ubu ari mu nzira aza mu Rwanda gusinyira APR FC amasezerano y’imyaka 2.

Victor Mboama akaba yakiniraga Qizilqum Zarafshon muri Uzbekistan hari nyuma yo gutandukana na USM Alger yo muri Algeria. Ni rutahizamu w’imyaka 27 wamenyekanye cyane ubwo yakiniraga Enyimba FC y’iwabo muri Nigeria.

NNL Playoff 2023 : Mbaoma Shoots Katsina United To NPL, Pillars Head For  Final | Sports247 Nigeria

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *