Niba ufite imodoka ifite imyanya irindwi kuzamura , dore ibyo usabwa ngo wemererwe gutwara abagenzi

 

Nkuko tubikesha itangazo rya Ministeri y’ibikorwaremezo ryo kuri uyu wa 3 Ukwakira 2023 ribivuga , abafite imodoka zishobora gutwara nibura abantu 7 bemerewe gutwara abagenzi, ariko hari ibyo bagomba kuba bujuje kugira ngo batangire gutwara abantu.

Mu itangazo ryatanagajwe n’urwego  rw’Igihugu Rushinzwe  kugenzura Imikorere Y’inzego zimwe z’imirimo Ifitiye  Igihugu akamaro( RURA)  Rukaba rumenyesha abantu bose bafite izi modoka tumaze kuvuga haruguru babyifuza ko bemerewe gutwara abagenzi.

Reba ibikubiye muri iri tangazo muri iyi baruwa:

Image

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *