Padiri Muhawenimana Bernard wa arikidiyoseze ya Kigali yitabye Imana

Nyuma yaho mu minsi ishize umapadiri wa diyoseze ya kibungu yitabye Imana, kuri uyu wa kane undi mupadiri wa arikidiyoseze ya Kigali Bernard MUHAWENIMANA nawe yitabye Imana azize uburwayi  nk’uko tubikesha  Itangazo rya arikidiyoseze ya Kigali basize ku rukuta rwabo rwa twiter .

Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje aya makuru ayamenyesha Abepiskopi, Abapadiri, Abihayimana, Abakirisitu n’abandi bose babanye na we ndetse n’abo bakoranye mu mirimo inyuranye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *