RDC yashyize hanze ibifaro bizifashishwa mu gutera u Rwanda. Reba amafoto>>>

Ninyuma yo gutangaza ko biteguye gutera u Rwanda, aho gukomeza kurwanya inyeshyamba za M23 zifashwa narwo, noneho bashyize hanze intwaro zikomeye bazifashisha mu gutera ikigihugu.

Intwaro zigaragiwe n’indege z’intambara, zirimo izo baherutse gukura mu gihugu cy’Uburusiya ubwo Minisitiri w’ingabo muri DRC yakoreraga yo uruzinduko rw’akazi.

lndege y’intambara bavuga ko ihambaye izifashisha mu gutera u Rwanda

Iki gihugu cyakunze kumvikana cyikoma u Rwanda ngo nirwo rufasha inyeshyamba za M23 nyamara narwo rukabihakana, ahubwo rugashinja DRC gukorana na FDLR umutwe w’iterabwoba urwanya Leta y’u Rwanda.

Nayo iri muzagaragajwe ko zizifashishwa mu gutera u Rwanda}

Ubushotoranyi bwakomeje kubaho kubaturage bo muri DRC kuko bakunze kugaragaza batwika amafoto, ndetse n’ibirango by’igihugu cy’u Rwanda mu myigaragambyo, yagiye iba mubihe bitandukanye.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *