RDC:Ntibisanzwe,indege yagonze uwari utwaye Moto

Mu gihugu giharanira demokarasi cya Congo ubwo indege yagera kukibuga ishaka guhagarara yangoze uwari utwaye Moto.amakuru atangazwa nuko uyu wari utwaye moto ari umusirikare.

Iyi ndege ikaba ari iya sosiyete y’indege itwara abantu n’ibintu”Congo Airways”.ikibuga cy’indege yagwagaho ni ikibuga cya Loano muri Lubumbashi, mu Ntara ya Haut-Katanga.

Nubwo bitigeze bisobanurwa impa uyu musirikare yacaga aho indege zinyura byanze bikunze ni umukozi ukora aha ku kibuga cy’indege.Minisiteri y’Itumanaho no gutwara abantu n’ibintu muri Congo, yatangaje ko iyo mpanuka yabaye ahagana saa moya n’iminota 15 z’umugoroba ku isaha yo muri icyo gihugu.

iyi ndege ikaba yari itwaye abantu baose hamwe harimo bagenzi nabandi bayikoramo.

Minisiteri yagumye itangaza ko ntawakomeretse nubwo hari ibyangiritse,ariko nanone ivuga ko uwari utwaye moto yakomeretse.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *