Rutahizamu wa APR FC Byiringiro Lague yasabye aranakwa [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Ukuboza 2021.  Byiringiro Lague, yasabye anakwa umukunzi we, Uwase Kelia.

Uyu Rutahizamu wa APR FC Byiringiro Lague na Uwase Kelia bagombaga gukora ubukwe ku wa Gatandatu tariki 4 Ukuboza 2021, ariko bwimurirwa kuri uyu wa 7 Ukuboza kubera umukino APR FC yahuyemo na RS Berkane tariki ya 5 Ukuboza.

Byiringiro Lague yambariwe na bamwe mu bakinnyi bahano mu Rwanda nka Butera Andrew.

Mu mpera za Nzeri uyu mwaka ni bwo Byiringiro na Uwase Kelia basezeranye imbere y’amategeko mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge.

Uyu Rutahizamu  Byiringiro Lague niwe winjije igitego kimwe APR FC yinjije mwizamu rya Berkane yo muri Morocco.

Nyuma yo gusaba no gukwa, Byiringiro na Uwase Kelia basezerana imbere y’Imana

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *