Ubwo bakoraga imibonano mpuzabitsina bafatanye ibitsina

Aha byabereye ni mugihugu cya  Kenya, aho havugwa  inkuru itangaje , aho umugabo n’umugore basambanaga  bafatanye ibitsina byabo aba bafatanye bika bivugwa ko bari bari guca inyuma abo bashanye.

uko byagenze ngo nuko umugabo w’uyu mugore wasambanaga yasanze umugorewe nuyu mugabo barimo biha akabyizi nuko agahita afata imiti ubundi akabatera nuko nyuma biza kubaviramo gufatana.

Ibinyamakuru bitandukanye byo mu gihugu cya Kenya byagiye byandika ko aba  bombi bakimara guterwa imiti bahise bafatana, ubundi batangira kuvuza urusaku,  abaturage babumvise ibabaye  bahita baza kureba bakihagera bahise bagwa mu kantu nyuma y’ uko ibyo bari babonye byabatunguye nyuma bahita babajyanwa kwa muganga.

uyu mugabo wafashwe muri ubu busambanyi yatangaje ko yabitewe nuko umugorerewe yaramaze iminsi atamureba irihumye mubijyanye no gutera akabariro bityo bikaba byatumye aza kumuca inyuma.

Ngo muri aka gace nubundi ibi bikunda kubaho cyane kubaba bacanye inyuma aho iyo hagize abafata ahita yihimura muri ubu buryo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *