Ubwo imfungwa zashakaga guturoka gereza ya Muganga harashwe amasasu mu kirere

Ubwo imfungwa zo muri gereza ya Muhanga zashakaga gutoroka zasanze abarizi baryamiye amajanja bazikumira bakorersheje kurasa amasasu mu kirere.

Ibi byabaye mu ijoro ryo kuruyu wa 2 kanama 2021 ubwo bacunga gereza bashatse kubabauza ubwo bashakaga guotoroka bifashije amsasu barasa mu kirere .

SSP Pelly UWERA GAKWAYA Umuvugizi w’Urwego rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa yatangaje ko izi mfungwa zuriye igipangu hanyuma abacungagereza barazibona,bazisaba gusubira hasi ziranga biba ngombwa ko barasa amasasu mu kirere kugira ngo bazikange zisubire hasi.

Yagize ati “Byaraye bibaye nijoro, hari imfungwa (nta bagororwa barimo), ni imfungwa 3 zikiri mu Rukiko kuburana, bashatse gutoroka nk’uko bisanzwe…urabizi tuba turinze bariya bantu ariko tubizi ko bahora bagerageza guturoka ariko tukabakoma mu nkokora.Yatangaje bashatse gutoroka Abacungagereza baraye ku izamu barabahagarika kuko bashakaga kurira urukuta bari bamaze kurira bari hejuru abandi bari hasi, barababwira ngo nimumanuke abandi barabyanga baguma hejuru, icyakozwe barashe hejuru babakanga kuko ntabwo warasa umuturage, urasa hejuru kugira ngo yikange.

basubiye muri gereza bose uko babaye kandi ntanumwe wakomeretse haba mu mfungwa ndetse no mubarizi bagereza.izi mfugwa zizashyikirizwa ubushizacyaha kugirango sishinjwe icyaha cyo gutoroka gereza.

Amakuru avuga ko babiri muri aba bari bagiye gutoroka bari bakiburana ndetse ubushinjacyaha bukaba bwari bwarabasabiye gufungwa burundu, ku byaha by’ubujura bakoze.Undi we ngo yari akiburana ku cyaha ashinjwa cyo kwica umugore w’undi muntu mu Karere ka Kamonyi.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *