UGANDA: Umukobwa yihandagaje anjya mu muhanda yambaye ubusa buriburi kumpamvu z’amafaranga. Reba videwo>>>

Kumbuga nkoranyamabaga hakomeje gusakara amashusho y’umukobwa urikuvugisha benshi bivugwa ko ari uwo mugihugu cya Uganda , wagaragaye yambaye akenda k’imbere hejuru yazamuye ikanzu yari yambaye amabere akagaraga maze akagenda mu muhanda rwa gati kukiguzi cyo guhembwa ibihumbi 800 by’amashillingi ya Uganda.

Ibi ntibyavuzweho rumwe nabenshi oreko bamwe bamushimaga bagaragaza ko biruta kunjya kwicuruza kumuhana cyagwa kwishora muzindi geso mbi.

Abandi bakavuga bati ” ayarwose ni make pe sinanjya kuyambaririra ubusa ku karubanda, yego akazi karabuze arko na none sina kwambara ubusa imbere y’imbanga nyamwinshi ”.

Byagaragaraga ko ari nk’ikirori abantu bari bahuruye baza kureba uyu mukobwa udatagajwe nuko yambaye ubusa mu muhanda,hakomejwe kwibaza icyabimuteye ariko bikomeza kuba urujijo.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *