Umugabo wihinduye umugore agacucura abagabo utwabo yatawe muri yombi

Mu gihugu cya Uganda Police yataye muri yombi umugabo umaze iminsi yarazengereje abagabo abarya utwabo kubera kwihindura umugore w’uburanga.

Muri iki cyumweru kuwa mbere nibwo uyu munyamabara yatawe muri yombi nyuma yo gutangwa na mugenziwe nyuma yuko amucyuye ngo amuraze aziko ari inkumi bagera aho barara inkumi gahinduka umugabo.

Hirya no hino kumbuga nkoranyambaga hakwitrakwiye Video igaragza uyu mugabo ari kuri Police ahatwa ibibazo,asabwa gukuramo imyenda kugirango herebwe igitsina cye.

Biratangaje kuko uyu mugabo yihinduye umugore yisukisha imisatsi,iminwa arayisiga ingohe nazo araziconga nk’umwari kuburyo rwose hari nabagore yarushaga uburanga.

Ubwo yategekwaga na Police basanze yamabaye isutiya nk’abagore ariko agakuyemo bihita bigaragara ko ari umugabo washatse kwihindura umugabo.

Byakomeje kuko nyibyaciriye aho,umupolice w’umugore yamusabye gukuramo imyenda yo hasi maze igitsina gisohoka uko cyakabaye ari ucyumugabo maze afatwa atyo.

Amakuru ahari nuko uyu mugabo yaragiye kumaraho bagenzi be amafaranga, aho babaga bahuriye mu tubyiniro bakamwibeshyaho ko ari umugore.Amashusho yandi yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza ari kubyinana n’umunyabirori Allan Kanyike uzwi mu mujyi wa Kampala nka ’Dynamite’, bikavugwa ko uyu mugabo wihebeye utubyiniro na we ari mu bo yakuyeho utwabo kubera kubareshya mu buryo butandukanye.

Amaco yinda akoresha byinshi ariko harubwo arangira agutamaje.ngayo nguko ibyuyu mugabo wahisemo kwihindura umugore kugirango abone amaramuko.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *