Umugore aratakambira indaya ngo igarure umugabo we.

Umugore yarize atakambira indaya yamutwariye umugabo avuga ko atwite inda ye.

Muri videwo ikomeje kuzenguruka kuri interineti, umudamu utwite yagaragaye arira cyane ubwo yinginga umugore w’ihabara ngo amusubize umugabo we.

Uyu mugore yavuze ati:””yanjugunye kugira ngo yibande ku wundi mugore nubwo yamumenyesheje ko atwite umwana we.”

Uyu mukobwa ukiri muto yahamagaye uwo mugore wamutwaye umugabo avuga ko agomba kwemerera umugabo we kumugarukira.

Yavuze ko adashobora kuzabyara umwana ari wenyine ariyo mpamvu yashatse ko indaya imusubiza umugabo yamutwaye

.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *