Umuhanzi platin P yatandukanye n’umugore we bivugwa ko n’umwana yarafite atari uwuyu Muhanzi

Umuhanzi platin P biravugwa ko yaba yaramaze gutandukana n’uwari umufasha we nyuma yo kumenya amakuru ko uyu mugore we yamuciye inyuma ndetse bapima DNA bagasanga uyu mwana atari uwa platin.

Amakuru dutesha 3DTV Rwanda avuga ko uyu muhanzi platin P ubwo yari afite ibitaramo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uyu wari umufasha wa platin yatahanye nundi musore bivugwa ko ari Ex boyfriend we (umuhungu bakundanye mbere) bakaza kurarana.

Bakomeje bavuga ko uyu muhanzi yaje kubimenya ubwo yari amaze kugaruka mu Rwanda uyu muhanzi akimara kugaruka mu Rwanda yahise ajya gusura inshuti ze bivugwa ko yahise ajya gusura Alliah cool , inshuti ye yamufashije no kuzamura muzika ye ku rwengo mpuza mahanga nyuma yo gutandukana na TMC aho bari bagize itsinda rya Dream boys.

Uko byaje kugenda uyu wahoze ari umufasha wa Platin p ubwo uyu muhanzi yari yagiye ku nshuti ye Alliah cool  yafashe telefone ahamagara uwahoze ari umugabo we platin ati inzu yawe irahiye agizaho ati oya nako baratwibye ibintu byose ark byose byari ibinyoma ,platin yahise akata imodoka yihuse ngo ajye gutabara akigera iwe afungurirwa n’umukozi we uyu muhanzi yahise amubaza ayo makuru yarambwiwe uyu mukozi we amubwira ko atariyo, uyu muhanzi yahise akata imodoka asubira iyo yaravuye.

Uyu mukozi umugore wa platin p yahise arakarira umukozi amubwira ko arambwirukana kubera yari abwiye uyu muhanzi ko amakuru yabwiwe n’umugore we ko atariyo bakomeza gutongana kugera ubwo platin agarutse nibwo umukozi yarakaye ahita avuga byose byabaye ubwo platin yarari muri Amerika.

Uyu muhanzi ku byakira byaranze asaba umugore we ko yajya kumwereka uwo mugabo platin  amukubise amaso abona asa n’umuhungu yitaga ko ari pfura ye biramurenge nibwo yahise ajya gushaka uko bapima DNA basanga umwana suwe.

Umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P mu itsinda ryamamaye rya Dream Boys, yari yari barutse uyu mwana yitaga ko ari  imfura ye na Ingabire Olivia nyuma y’amazi Ane gusa bamaze barushinze .

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

 

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

 

 

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *