Umukunzi wa Rutahizamu w’amavubi yakorewe ibirori bya Baby shower (Amafoto)

Rutahizamu wa AS Kigali n’Amavubi, Biramahire Abeddy n’umukunzi we Kagame Vanessa baritegura kwibaruka imfura y’abo, ni nyuma y’uko uyu mukobwa yakorewe ibirori bya Baby Shower.

Urukundo rwa Abeddy na Vanessa ntabwo rwavuzwe cyane, ni mu gihe bombi batakunze kubitangaza cyane.

Mu minsi ishize nibwo Biramahire Abeddy, yahishuye ko asigaye afite umukobwa mushya bari mu munyenga w’urukundo yasimbuje Umutoni Josiane ukora kuri Radio na TV10.

 

Vanessa aherutse gukorerwa ibirori bya Baby Shower(ibirori byo kwitegura umwana uba ugiye kuvuka), ndetse akaba yaranahishuye ko ari umuhungu bagiye kwibaruka.

Vanessa  yakorewe ibirori  bya Baby Shower
Biramahire Abeddy na Vanessa baritegura kwibaruka

 

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *