Umuriro watse Ariel Wayz ashyize hanze ubutumwa bw’ibanga bwe na Juno

Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati y’abahanzi babiri b’abahanga bagezweho kandi baharawe na benshi mu Rwanda,Ariel Wayz ndetse na Juno Kizigenza.

Umwuka  mubi ukomeje hagati Ariel Wayz ndetse na Juno Kizigenza ndetse buri munota hari gusohoka inkuru nshya kuri aba bahanzi bahakanye kenshi ko bakundana ariko mu itandukana ryabo bikaba bigaragara ko bitari ubushuti bwihariye gusa.

kuri uyu wa Gatatu, Uwayezu Ariel yafashe umwanzuro wo gushyira hanze bumwe mu butumwa bw’ibanga yagiranye na mugenzi we Juno.Ibi yabikoze nyuma yo kubwira abamukurikira ku rubuga rwa Twitter ko “Guceceka si ibintu byange”

Ni ubutumwa bukubiyemo ibyabaye mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, aho nko kuwa 27 Ukuboza umwaka ushize, uyu mukobwa yandikiye Juno amubaza aho aherereye undi akamusubiza ko ari mu buryohe bw’iminsi mikuru n’Umuryango we.

REBA UBUTUMWA BW’IBANGA BWA ARIEL WAYZ NA JUNO

 

 

Amafoto ya Juno Kizigenza na Ariel Wayz yakuyeho ugushidikanya ku rukundo  rwabo | Kigali Updates

Bari bamaze iminsi mu buryohe bw’urukundo

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *