Umusore yasebejwe bikomeye n’inkumi yashakaga kwambikira impeta (gutera ivi) mu muhanda. Reba video>>>

Umusore yasebejwe n’umukunzi we ku karubanda ubwo yashakaga kumwambikira impeta mu muhanda rwagati maze uyu mukobwa agahita yigendera nyamusore agasigara yumiwe.

Abakobwa benshi muri iki gihe bakunda umusore utera intambwe akagera ku rwego rwo kubambika impeta  ibyo bakunze kwita gutera ivi kuko haba hari icyizere ko bazabana.Nubwo hari n’abazambikwa bikarangirira aho ntibanabane.

Mu mashusho akomeje kugarukwaho na benshi ku mbugankoranyambaga, agaragaza umusore wari wabukereye ,ashaka gutungura umukunzi we kuri bose babireba,aho yari ashungerewe n’abatari bake.

Gusa ntibyamuhiriye kuko yahise ashinga ivi ategereje ko umukobwa amuha igisubizo. Umukobwa yabaye nkaho ntakintu yabonye arigendera, umusore na we asigara mu kimwaro nakumiro kenshi cyane.

https://www.instagram.com/p/CTpjL60Nac5/?utm_source=ig_web_copy_link

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *