Umutoza wa PSG ashobora kwirukanwa

Ikipe ya PSG yamaze gutangaza ko Ishobora kwirukana umutoza Morucio Pochettino, uyumutoza yari amaze iminsi mike ahesheje iy’ikipe igikombe cya championa y’ubufaransa.

Amakuru dukesha ibinyamakuru byandikira iburayi nka THE SUN, DAILY MAIL, byanditse bivugako  iyi kipe irimo kwitegura kwirukana uyu mutoza bitewe umusaruro bari bamwitezeho ntibawubone. Akazaba ashobora kuzishyurwa  miliyoni 12.6 z’amayero (amafaranga akoreshwa kumugabane w’iburayi). akaba azirukanwa hamwe  nabungiriza be bose.

kuri uyu wa gatandatu tariki 23, Mata, 2022 nibwo ikipe ya PSG yakirijwe igikombe cya championa nyuma yo kunganya igitego 1-1 n’ikipe ya lens. Ariko ibi ngo nibyatuma akomeza gutoza iyi kipe, bitewe nuko ya yasezerewe 1/8 muri UEFA Champions league.

Bivugwako iy’ikipe abatoza barimo guhabwa amahirwe yo kuba bayitoza harimo Antonio conte, watozaga ikipe ya Tottnham Hotspurs, hamwe na Zinadine Zidane wari udafite ikipe arimo gutoza nyuma yuko avuye muri Real Madrid FC.

Zinedine Zidane warming to Manchester United but potential next manager's wife isn't so keen - Daily RecordZinedine Zidane uri mubahabwa amahirwe yo gutoza PSG

Massages, Nutella and coffee - Adrenaline lover Antonio Conte takes us behind scenes at Spurs - football.londonAntonio conte nawe Ahabwa amahirwe menshi yo gutoza PSG

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *