Umutoza wanditse amateka muri Rayon Sports agiye gutoza Simba SC yo muri Tanzania

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Mutarama 2023 ni bwo uyu mutoza w’imyaka 62 yatangajwe nk’umutoza mukuru w’iyi kipe aho asimbuye Zoran Maki batandukanye muri Nzeri 2022, azungirizwa na Juma Mgunda wari usanzwe ari umutoza wungirije muri iyi kipe.

Simba SC yamaze gutangaza umutoza ukomoka muri Brazil umaze kwandika izina muri aka karere, Roberto Oliveira uzwi nka Robertinho nk’umutoza mukuru w’iyi kipe.

Robertinho yatandukanye na Vipers FC yo muri Uganda mu cyumweru gishize, ni nyuma yo kuyifasha kugera mu matsinda y’imikino Nyafurika.

Yafashije Vipers kugera mu matsinda ya CAF Champions League

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *