Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yahagaritswe ku mirimo ye

Nkunko tubikesha itangazo ryashyizwe ku rukuta rwa Twitter rwa Primature, aho batangaje ko  Dr Sabin Nsanzimana yahagaritswe ku mwanya w’umuyobozi mu kuru w’ ikigo cy’igihugu Gishinzwe ubuzima ‘RBC’kubera  ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.

Dr Sabin Nsanzimana yahawe inshingano zo kuyobora iki kigo Tariki 29 Nyakanga 2019 ubwo hari mu nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *