UR-Huye-Uruhinja muri Pubelle amasomo yahagaze mu gihe iperereza rikomeje

Ubwo abakora amasuku barimo basukura ku nyubako mu macumbi ya Benghazi inyubako ya B iri hagati mu nyubako eshatu zigize aya macumbi akunze kubamo abakobwa biga mu mwaka wa mbere n’abiga mu mwaka wa Kabiri.

Uyu mwana yagaragaraga nk’ugejeje igihe cyo kuvuka kuko yari afite umusatsi ndetse n’inzara bigaragara ko yari akuze cyane ku buryo byari igihe cyiza cyo kuvuka nk’uko benshi bazi neza iby’ubuganga babyemeza.

Kugeza magingo aya, abanyeshuri bahagaritswe kwiga hanyuma urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwahise ruhagera kugira ngo rusake hamenyekane umuntu waba wakuyemo inda.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,  cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *