Urutonde rwabakinnyi 5 ba mbere bahembwa menshi mu mupira wamaguru kwisi muri 2021

 

Abakinnyi bumupira wamaguru bari mu binjiza amafaranga menshi mu rwego w’imikino,harimo imishahara kwamamza,ndetse kuri bamwe usanga bakora n’ubucuruzi nka Messi, Ronaldo na Neymar. Tugiye ku kwereka urutonde rwabakinnyi 5 ba mbere bahembwa menshi ku isi muri 2021.

1. Lionel Messi (PSG) – 60 960.000£ buri cyumweru.

Kapiteni wa Arijantine akaba n’umukinnyi wa PSG yinjiza £ 960.000 buri cyumweru Ubu Messi yasinye amasezerano afite agaciro ka miliyoni 25 zama pound buri mwaka nkumushahara fatizo nyuma yumusoro. Ibyo bivuze ko ari miliyoni 50 zama pound buri mwaka hataravamo imisoro.

Agahambaza musyi azajya ahabwa, amafaranga ahabwa iyo yitwaye neza, Hakiyongeraho miliyoni 25 zama pound akura mu kwamamariza Adidas na Pepsi.bizamura ingano yumushahara ufite agaciro karenze miriyon ku cyumweru.

2. Cristiano Ronaldo (Juventus) -, 000 900.000£ buri cyumweru

Ikigaragara nuko kuba umukinnyi uzwi cyane kwisi ntibihagije kugirango ushyirwe k’umwanya wo hejuru k’urutonde rwabakire mu bakinnyi. Cristiano Ronaldo ni umukinnyi ukurikiranwa cyane kuri Instagram ibi tuma  amafaranga yinjiza buri mwaka ntagabanuka numupira wamaguru.

Uyu mukinnyi w’icyamamare muri Porutugali yazamuye umushahara we hafi miliyoni yama pound buri cyumweru hamwe no k’umwaka ungana na miliyoni 34 zama pound. mu yandi yinjiza mu kirango cye bwite cya Ronaldo ndetse n’amasosete yamamariza nka Nike na Herbalife.

Yabaye umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mateka y’umupira wamaguru atsinda igitego cya Juventus ubwo yahuraga na Napoli mu gikombe cy’Ubutaliyani cyo mu 2021 ibi byatumye aba umukinnyi umaze gutsinda ibitego 760 kandi kuva icyo gihe akaba yarakomeje kunyeganyeza inshundura.

3. Neymar (PSG) – 6 606.000£ buri cyumweru

Uuva muri Barcelona ajya muri PSG biracyafite agaciro kanini nku mukinnyi wahanze ava mu ikipe imwe ajya mu yindi ku isi yumupira wamaguru.

Nubwo amakuru atangazwa agenda avuga ko atishimye aho ari muri PSG, Neymar yatsinze ibitego byinshi kuruhande rwe kandi akomeza kubikora. Kubwibyo, umunya Berezile Naymar ibi byose biza bimushyira ku mwanya wa 3 kurutonde rwabakinnyi bahembwa menshi.

4. Luis Suarez (Atletico Madrid) – 5 575.000 £ buri cyumweru

Luis Suarez yagurishijwe na Barcelona ku giciro gito cyane bituma ahembwa neza cyane kuko yatumye Atletico itwara igikombe cya La Liga ku ncuro yayo ya mbere akiyigeramo.

Yatsinze ibitego 21 mu mikino 32 ya La Liga ibi byatumye ajya ku rwego rwiza rw’umukinnyi Atletico yari ikeneye kugirango itware igikombe  ibi byatumye agaciro k’ifaranga ry’umushahara we kiyongera , bitandukanye na bamwe mu bakinnyi bakomeye ba Barcelona.

Uyu ushobora kuba aribyo bihe byanyuma bya Suarez byo guhembwa neza mugihe umusore agize imyaka 34 akaba yegereje kurangiza umwuga wewo gukina umupira wa maguru.

5. Antoine Griezmann (Barcelona) – 5 575.000£ buri cyumweru

Ikipe ya Barcelona yari imaze igihe kinini yifuza gusinyisha Antoine Griezmann wakiniraga Atletico Madrid ibi barcelon IKB yarabigezeho mu 2019 iyi ikaba yarabaye transfer ya gatanu ihenze cyane mu mateka.

Ikipe ya Catalone ikeneye kubona amafaranga ihaze ibyifuzo bya Griezmann  mu rwego rwo ku mwongeza amasezerano.

Src:nationthailand.com

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *