Uwamwezi Nadege uzwi ku izina rya “Nana”muri filime agiye gukora ubukwe mu gihugu cy’u Bubirigi

Uwamwezi Nadege wamama ye ku izina rya Nana muri muri filime y’uruhererekane ya City Maid biravugwa ko ari mu myiteguro y’ubukwe n’umusore uba mu gihugu Bubiligi bamaze imyaka 3 bakundana.

Taraiki 29 Ukuboza 2021 nibwo Imihango yo gusaba no gukwa izaba ikabera mu gihugu cy’u Rwanda nk’uko amakuru akomeje gukwirakwira abivuga. Gusezerana imbere y’Imana bizabera mu gihugu cy’u Bubiligi aho umukunzi we witwa Damas bamaze imyaka 3 bakundana atuye.

Amakuru avuga ko muri iyi minsi inshuti ze za hafi zabanye nawe mu bihe by’ubukumi bwe, zikomeje kumutegurira ibirori byo gusezera ku rungano basangiye byose akajya gusanga uwo yaremewe kubana nawe akaramata kugera no mu bundi buzima.

Aba bombi urukundo rwabo rwagizwe ibanga ku bw’umutekano wabo bombi. Uwamwezi Nadege yamamaye muri filimi zinyuranye zirimo City Maid, Rwasibo, Mutoni, Catherine, Nkubito ya Nyamunsi n’izindi.Nadege ni n’umunyamideli aho afite iduka ry’imideli ryitwa ‘Nana Fashion Shop’, yanabayeho umuhanzikazi aho yaririmbaga mu itsinda rya The Queens mbere yo gutangira gukina filime.

Nana na Patrick bamaze igihe mu rukundo. Aha ni muri Mata uyu mwaka ubwo basohokeraga i Dubai

Amafoto y' umunsi: Uwamwezi Nadege uzwi muri Cinema Nyarwanda mu mwambaro wa Bikini-eachamps.rw

Acting can earn you a decent life–Uwamwezi | The New Times | Rwanda

Nana wo muri city maid yerekanye igishushanyo afite ku ibere (Amafoto) – YEGOB

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu mukajya muba aba mbere mu kubona amakuru agezweho buri munsi.Kanda hano udukurikirane kuri Facebook, Kanda hano udukurikirane kuri Twitter cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *