WhatsApp ntiri gukora yavuyeho

WhatsApp urubuga rukunzwe nabose rwavuyeho mu bihugu byinshi ku isi, ku buryo abarukoresha batarimo kubasha kohereza cyangwa kwakira ubutumwa.

Ikigo Meta kibarizwamo WhatsApp ntikiratangaza ikibazo cyabayeho, abayikoresha bakomeje kugaragaza ku zindi mbuga nkoranyambaga ko ubu bari mu bwigunge.

Kugeza ubu ushobora gufungura application ya WhatsApp, ariko nta kindi wakora cyaba kohereza ubutumwa, kubwakira cyangwa kureba status.

WhatsApp ku isi ikoreshwa n’abarenga miliyari 2.2, ikaba rumwe mu mbuga rukoreshwa na benshi.

Tubafitiye n’ibitabo by’abana iby’ikinyarwanda , igifaransa n’icyongereza . Uramutse wifuza kugurira umwana wawe igitabo watwandikira kuri : sopublishers@gmail.com cyangwa ukaduhamagara  kuri  : Tel: +250783203433,, +250783399900

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *