M23 yahishuye amasezerano y’ibanga yagiranye na perezida wa Repubulika ya Congo , Felix Tshikedi benshi bagwa mu kantu

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwibukije Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, amasezerano bagiranye mu ibanga muri 2022, aho leta yagombaga kubakira mu ngabo na bo bakamufasha mu …

M23 yahishuye amasezerano y’ibanga yagiranye na perezida wa Repubulika ya Congo , Felix Tshikedi benshi bagwa mu kantu Read More

Abatutsi bo muri RD Congo bagaragaje impungenge z’uko bashobora gukorerwa Jenoside

Umuryango w’Abatutsi b’Abanye-Congo, Isoko Asbl, wandikiye Perezida Tshisekedi n’izindi nzego zitandukanye ugaragaza impungenge z’uko bashobora gukorerwa Jenoside. Ni ibaruwa ndende yahaweho kopi Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika …

Abatutsi bo muri RD Congo bagaragaje impungenge z’uko bashobora gukorerwa Jenoside Read More