U Bushinwa bwashinje Amerika kuba rusahuriramunduru ku kibazo cy’intambara U burusiya bwateje kuri Ukraine

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, Zhao Lijian, yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru. Yagarutse ku bihano bikomeje gufatirwa u Burusiya, avuga ko bikwiye gukurwaho ahubwo hagakoreshwa ubundi buryo …

U Bushinwa bwashinje Amerika kuba rusahuriramunduru ku kibazo cy’intambara U burusiya bwateje kuri Ukraine Read More

Musanze: Umubyeyi akurikiranyweho guhohotera umwana we nyuma y’uko basanze umwana we nyuma akingiranwe mu nzu ahambiriye amaboko yombi n’imigozi

Umugore witwa Mukamana, ufite imyaka 30, ari gushakishwa nyuma y’uko basanze umwana we akingiranwe mu nzu, ahambiriye amaboko yombi n’imigozi, ibifatwa nk’ihohoterwa rikorerwa umubiri kikaba n’igihano cy’indengakamere. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari …

Musanze: Umubyeyi akurikiranyweho guhohotera umwana we nyuma y’uko basanze umwana we nyuma akingiranwe mu nzu ahambiriye amaboko yombi n’imigozi Read More