Perezida Ndayishimiye w’Uburundi n’umugore we bazindukiye mu murima wabo basarura ibirayi(AMAFOTO)

Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste n’umugore we, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, bagaragaye bafasha abakozi babo mu gutunda ibirayi bejeje mu murima wabo, aho bari bafasha ikiruhuko bakanga ko cyabapfira ubusa. Perezida …

Perezida Ndayishimiye w’Uburundi n’umugore we bazindukiye mu murima wabo basarura ibirayi(AMAFOTO) Read More

Amateka yiyanditse,Hervé Berville ukomoka mu Rwanda yagizwe Minisitiri mu gihugu cy’Ubufaransa

Hervé Berville ukomoka mu Rwanda, wigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yagizwe Minisitiri muri Guverinoma y’u Bufaransa, aba Minisitiri muto muri iyi Guverinoma. Hervé Berville wabaye Umudepite …

Amateka yiyanditse,Hervé Berville ukomoka mu Rwanda yagizwe Minisitiri mu gihugu cy’Ubufaransa Read More