Guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2022 umushahara w’umukozi uziyongera kubera itegeko rishya ry’umusoro

Mu itegeko rishya ry’umusoro leta y’u Rwanda yakuyeho umusoro ku mushahara utarenga amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 60, ni mu gihe umushahara urenga ibihumbi 30 Frw wajyaga usoreshwa ku kigero cya …

Guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2022 umushahara w’umukozi uziyongera kubera itegeko rishya ry’umusoro Read More

Mushiki we,Mama we baje gushyigikira ‘Ian Kagame’ mu birori bya Sous-Officiers binjiye mu gisirikare cy’u Rwanda

Kuri uyu wa gatanu igisirikare cy’u Rwanda cyungutse abasirikare bashya bo ku rwego rwa Sous-Officiers barimo n’umuhugu wa Perezida Paul Kagame ‘Ian Kagame’. Ababyeyi batandukanye ndetse n’imiryango yaba basoje amasomo …

Mushiki we,Mama we baje gushyigikira ‘Ian Kagame’ mu birori bya Sous-Officiers binjiye mu gisirikare cy’u Rwanda Read More