Kwiyongera kwa bandura Covid 19 mu Rwanda byafashe indi ntera,abarenga 2000 bayanduye mu masaha 24

Ubwiyongere budasanzwe bwa Covid-19 bukomeje gukaza umurego, aho abantu 2.083 banduye Covid-19 mu masaha 24 ashize, bituma umubare w’abamaze kwandura icyo cyorezo mu minsi irindwi ishize bagera ku 6.373, ijanisha …

Kwiyongera kwa bandura Covid 19 mu Rwanda byafashe indi ntera,abarenga 2000 bayanduye mu masaha 24 Read More

Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yahagaritswe ku mirimo ye

Nkunko tubikesha itangazo ryashyizwe ku rukuta rwa Twitter rwa Primature, aho batangaje ko  Dr Sabin Nsanzimana yahagaritswe ku mwanya w’umuyobozi mu kuru w’ ikigo cy’igihugu Gishinzwe ubuzima ‘RBC’kubera  ibyo agomba …

Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yahagaritswe ku mirimo ye Read More