Birasekeje: Umugabo imbwa yariye ubugabo bwe nyuma yo gusinda akibagirwa gufuga imashini yi panaro.

Inkuru ibabaje y’umusaza wimyaka 60 wakoraga ubuvuzi gakondo  mu gihugu cya Nigeria ahitwa Calabar, uyu musaza yapfuye yishwe nibikomere byatewe nimbwa yamurumye imyanya yibanga ikayikuraho ikayirya. Uyu musaza witwa Ani …

Birasekeje: Umugabo imbwa yariye ubugabo bwe nyuma yo gusinda akibagirwa gufuga imashini yi panaro. Read More

Amashusho y’abayobozi b’ikigo bamenagura telefoni z’abanyeshuri yatangaje abantu.Reba video>>>

Abakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe n’uburyo abayobozi b’ikigo bagaragaye bamenesha telefoni z’abanyeshuri inyundo. Ibi ntibyavuzweho rumwe na benshi, ubwo byabaga umwe yagize ati: ”ntibakagobye kuzimena ahubwo zagatejwe cyamunara zigafashishwa abakene cyangwa …

Amashusho y’abayobozi b’ikigo bamenagura telefoni z’abanyeshuri yatangaje abantu.Reba video>>> Read More

Uziko ushobora kuba urwaye umutima ukaba utarabisobanukirwa? Dore bimwe mu bimenyetso by’indwara y’umutima>>>>

Abantu benshi muri iki gihe basigaye bibasirwa n’ indwara zitandukanye z’ umutima , ku buryo buri mwaka benshi bapfa bazize indwara zibasira umutima.Gusa usanga benshi bitiranya ibimenyetso by’ indwara z’ …

Uziko ushobora kuba urwaye umutima ukaba utarabisobanukirwa? Dore bimwe mu bimenyetso by’indwara y’umutima>>>> Read More

Ntibisanzwe! Hafunguwe isoko rigurishirizwamo Abagabo, Abakobwa nababwira iki rero baratumiwe!!

Mu Buhinde hari isoko rigurirwamo abagabo, ibiciro bikagenwa hagendewe ku mashuri bize, imiryango bakomokamo n’ibindi.Mu myaka isaga 700, muri Leta ya Bihar mu gihugu cy’u Buhinde, hari isoko ridasanzwe, rigurishwamo …

Ntibisanzwe! Hafunguwe isoko rigurishirizwamo Abagabo, Abakobwa nababwira iki rero baratumiwe!! Read More

M23 yatangaje ko idashobora kuva ku izima. Ni nyuma y’imyanzuro yafatiwe mu nama

Umutwe witwaje intwaro wa M23 washushubikanye  icyemezo cy’inama yabereye i Luanda muri Angola hagati y’abayobozi b’ibihugu by’Akarere, barimo Ndayishimiye Evariste, Felix Tshisekedi, Uhuru Kenyatta ku butumire bwa Perezida wa Angola …

M23 yatangaje ko idashobora kuva ku izima. Ni nyuma y’imyanzuro yafatiwe mu nama Read More

RDC: Gen Mugabo yategetse ko abatutsi bose bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse akicwa

Gen de Bde Hassan Mugabo wa FARDC  ukuriye ingabo muri Teritwari ya Masisi, yatanze itegeko rivuga ko abantu bose  bo mu bwoko bw’abatutsi bakusanyirizwa mu bigo by’amashuri,amavuriro na Kiliziya utabikoze …

RDC: Gen Mugabo yategetse ko abatutsi bose bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse akicwa Read More

Amafoto ya Theo Boseebabireba yavuzweho na benshi ameze nk’uwasinze ya bihakanye yivuye inyuma.

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana Theo Bosebabireba, yemeje ko amafoto yafashwe agaragaza ameze nk’uwasinze ari we ariko na none atigeze akoresha ibisindisha. Mu mugihe gishize ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amafoto …

Amafoto ya Theo Boseebabireba yavuzweho na benshi ameze nk’uwasinze ya bihakanye yivuye inyuma. Read More

Perezida wa RDC Yamenye ko najya i Nairobi, ashobora kwicwa nkuwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana

Abanye-kongo hafi yabose bakomeje kugira inkomaga y’ukuntu abayobozi bose bo muri EAC  banga gushyigikira ibirego barega u Rwanda ko rufasha  umutwe wa M23 none bakaba bari gutumura Peresida wabo . …

Perezida wa RDC Yamenye ko najya i Nairobi, ashobora kwicwa nkuwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana Read More