Amakuru y’akakanya: Perezida wa RDC Félix Tshisekedi arokotse uburozi bwari bumuhitanye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yarokotse uburozi bwari mu ibaruwa yoherejwe mu biro bye, igatahurwa itaramugeraho nk’uko ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byabitangaje. Ikinyamakuru Politico …

Amakuru y’akakanya: Perezida wa RDC Félix Tshisekedi arokotse uburozi bwari bumuhitanye Read More

Naho NATO yari yarabohoje ku Burusiya abaturage bongeye bashya ubwoba byabarenze

Ibura ry’amazi rikomeje gutuma ubuzima busharira, hashize ibyumweru birenga bibiri ntamuturage ibonye amashanyarazi n’ubushobozi bwo gushushya mu nzu, Umujyi wa Kherson wongeye kwigarurirwa n’Abanya-Ukraine. Ukomeje guterwamo ibisasu, ku buryo byatumye …

Naho NATO yari yarabohoje ku Burusiya abaturage bongeye bashya ubwoba byabarenze Read More

Byahinduye isura: Turimo guha abana bacu ibinini kugira ngo basinzire murwego rwo kubaha ibyo kurya.

Muri Afghanistan haravugwa inkuru y’ ababyeyi basigaye bagaburira ibinini bisinziriza abana babo ndetse harimo n’ abandi basigaye bagurisha abakobwa babo n’ ingingo z’ umubiri kugira ngo babone uko baramuka. Abanya-Afghanistan …

Byahinduye isura: Turimo guha abana bacu ibinini kugira ngo basinzire murwego rwo kubaha ibyo kurya. Read More

Donald Trump arashinjwa  ibyaha byo gukoresha umugore w’abandi imibonano mpuza bitsina kugahato. Dore aho byaturutse.

Umugore w’ imyaka igera kuri  78 y’ amavuko arashinja uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump ibyaha birimo kumukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato ngo ibi byabaye …

Donald Trump arashinjwa  ibyaha byo gukoresha umugore w’abandi imibonano mpuza bitsina kugahato. Dore aho byaturutse. Read More